Woensdag, Februarie 19, 2025
Woensdag, Februarie 19, 2025
spot_imgspot_imgspot_imgspot_img
HomeImikinoSarpong wari umufana ukomeye ‘umuhuriga’ muri Rayon Sports akayitera umugongo akajya muri...

Sarpong wari umufana ukomeye ‘umuhuriga’ muri Rayon Sports akayitera umugongo akajya muri APR FC, ubu ari mu mazi abira

Mu minsi ishize nibwo mu Rwanda hasakaye amakuru avuga ko Sarpong wari umufana ukomeye wa Rayon Sports, wayiteye umugongo ajya gufana ikipe ya APR FC. 

Byavugishije benshi, gusa we yavugaga ko muri Rayon Sports imaze imyaka 5 nta gikombe, yahaburiye ibyishimo none yagiye kubishakira muri APR FC. 

Mu kiganiro yagiranye na Isibo FM, Sarpong yatangaje ko akimara gusezera mu ikipe ya Rayon Sports, nyir’inzu acumbitsemo yahise amubwira ko yayivamo kuko yari yayimuhaye kuko nawe yari umufana wa Gikundiro. 

Yagize ati “Ntabwo namurenganya, kuko ni inzu nini nabagamo, ikwiriye gukodeshwa ibihumbi 200Frw ku kwezi, ariko we yarambwiye ati ujye unyihera 80Frw, rero ntabwo namurenganya kuko ni umufana w’ikipe ya Rayon Sports”. 

CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:

  • Ubucuruzi (E-commerce)
  • Iyamamaza ibikorwa ukora
  • Iyo kuranga Akazi (Job listing)
  • Iyu Urusengero
  • Iya Organization
  • Iya Company

Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO

Dukurikire kumbugankoranyambaga Zacu:

Tunga App yacu uge ubashe gusoma amakuru neza:

Google Play Store
Andi makuru

Musubize

Shyira hano igitekerezo cyawe!
Injiza izina ryawe

- Kwamamaza -spot_img

Izi ntuzicikwe

Verified by MonsterInsights