Woensdag, Februarie 19, 2025
Woensdag, Februarie 19, 2025
spot_imgspot_imgspot_imgspot_img
HomePolitikeRDC: Abasirikare 2 bakomeye bakatiwe n’urukiko igihano cy’imyaka 10 nyuma yo guhamwa...

RDC: Abasirikare 2 bakomeye bakatiwe n’urukiko igihano cy’imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutera inkunga M23

Abasirikare babiri bo mungabo za Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bashinjwaga icyaha cyo gutera inkuga umutwe wa M23; aba kimwe n’abandi 19 bamwe muribo bakatiwe igihano cyo gufungwa kuva ku myaka itanu (5) kugeza ku myaka icumi(10) abandi bagizwe abere.

Ibi byatangajwe tariki ya 11 Mutarama 2024, ko abantu makumyabiri n’umwe (21), barimo n’Abasirikare ba biri bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga umutwe  wa M23, bamwe muribo bakatiwe igihano cyo gufungwa kuva ku myaka itanu (5) kugeza ku myaka icumi(10) abandi bagizwe abere.

Nk’uko bya vuzwe ibi bya vuye mu myanzuro urukiko rwa Gisirikare ruherereye i Gombe, ku murwa mukuru w’igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo i Kinshasa.

Ay’amakuru akomeza avuga ko icyenda (9), muri bariya makumyabiri n’umwe 21, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga umutwe wa M23 urwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya    Congo, nibo bagizwe abere naho bariya basirikare bo bahamwa n’icyaha maze bahanishwa igihano cyo gufungwa Imyaka 10, abatari abasirikare bahabwa igihano cyo gufungwa Imyaka 5.

CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:

  • Ubucuruzi (E-commerce)
  • Iyamamaza ibikorwa ukora
  • Iyo kuranga Akazi (Job listing)
  • Iyu Urusengero
  • Iya Organization
  • Iya Company

Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO

Dukurikire kumbugankoranyambaga Zacu:

Tunga App yacu uge ubashe gusoma amakuru neza:

Google Play Store
Andi makuru
- Kwamamaza -spot_img

Izi ntuzicikwe

Verified by MonsterInsights