Anita Pendo umubyeyi w’abana babiri b’abahungu, ni umwe mu bakunze kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga, ndetse bamwe bamusaba gushaka undi mugabo.
Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV, umunyamakuru yagarutse kuri iyi ngingo, ubundi amubaza umugabo ahora asengera yifuza kuzabona.
Anita Pendo yavuze ko ibyo kwifuza umugabo wateruye ibyuma, muremure, mwiza, muri make ufite igihagararo, ko ari bimwe by’abana bakiri bato bafite imyaka 20, we ibyo ntiyabigenderaho.
Pendo yavuze ko yifuza umugabo umukunda, ushaka kubaka , ubasha kumwihanganira , uzi gukora(utari umunebwe) ndetse wemera Imana.
Uyu Anita Pendo ubusanzwe ufite abana babiri yahoze afite umugabo w’umukinnyi ndetse wigize gukinira ikipe ya AS Kigali.
CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:
- Ubucuruzi (E-commerce)
- Iyamamaza ibikorwa ukora
- Iyo kuranga Akazi (Job listing)
- Iyu Urusengero
- Iya Organization
- Iya Company
Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO