Ku munsi wo ku wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024 nibwo hatangajwe ko ibiciro by’ingendo byazamuwe ndetse ko hakuweho nkunganire yahabwaba abantu ku giciro cy’urugendo.
Ibiciro ntibyazamutse mu ntara gusa cyangwa mu mujyi wa Kigali gusa, ahubwo byazamutse ku ngendo zose zo mu gihugu, ndetse ibiciro byazamutse ku rwego rutari rusanzwe.
Ndetse ni ubwambere mu mujyi wa Kigali habonetse ahantu umuntu azajya agendera 700 Frw kandi yifashishije ikarita izwi nka Tap and Go.
Aho twavuga nka Kabuga -Nyabugogo hishyurwa 741 Frw, ndetse DownTown – Kabuga naho hishyurwa 741 Frw. Ndetse ibi biciro bizatangira gukurikizwa tariki ya 16 Werurwe 2024.
Dore uko ibiciro by’ingendo mu mujyi wa Kigali bihagaze:

CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:
- Ubucuruzi (E-commerce)
- Iyamamaza ibikorwa ukora
- Iyo kuranga Akazi (Job listing)
- Iyu Urusengero
- Iya Organization
- Iya Company
Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO