Jean Paul Nkundineza yabaye umunyamakuru ku binyamakuru bitandukanye mu Rwanda nka Radio Ubuntu Butangaje, Voice of Africa ndetse yanandikiraga Umuseke.
umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yamaze igihe kingana n’umwaka , afungiwe muri gereza ya Ntsinda mu karere ka Rwamagana aho yashinjwagwa kwiba . Nyuma y’aho afunguriye rero dore noneho atangiye gutoteza abatangabuhamya .
nyuma yo gusoma imyanzuro y’urubanza rwaburanaga Prince Kid , umunyamakuru Jean Paul Nkundineza abinyujije kuri 3DTV, yibasiye nyampinga w’uRwanda 2016 , Mutesi Jolie watanze amakuru kugirango abakobwa b’abanyarwanda badakomeza gukoreshwa nk’ibikoresho by’abagabo ngo kugirango bahabwe amakamba , dore ko hari n’abakoreshejwe kandi n’ayo makamba ntibayabone .
Umunyamakuru Nkundimana Jean Paul yagize ati :”yavuze ko niba ashaka inyama za prince kid avuga bakazimuha. ”
Ese ibi birakwiye ko umuntu watanze amakuru yakwibasirwa bigeze aha .ese kuba prince kid ahawe igifungo cy’imyaka itanu yarenganyijwe , ese kuba yahamijwe ibyaha byaba birimo akagambane .ese nta bandi bantu bagomba kuryozwa iri sambanywa ry’abana b’abakobwa , mu nkuru itaha tuzabezaho ukuri kose .
CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:
- Ubucuruzi (E-commerce)
- Iyamamaza ibikorwa ukora
- Iyo kuranga Akazi (Job listing)
- Iyu Urusengero
- Iya Organization
- Iya Company
Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO