Maandag, Februarie 17, 2025
Maandag, Februarie 17, 2025
spot_imgspot_imgspot_imgspot_img
HomePolitike"Kukwikoreza umuzigo wa Congo ni nko kukwikoreza umurambo w’impyisi"- Perezida Kagame

“Kukwikoreza umuzigo wa Congo ni nko kukwikoreza umurambo w’impyisi”- Perezida Kagame

Perezida Kagame yagaragaje ko amahanga akwiriye guhagarika kugereka ku Rwanda ibibazo bya RDC kuko nta ruhare rubifitemo ndetse yemeza ko ikibazo cyayo kirimo ibintu byinshi byivanzemo na benshi. 

Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM yavuze ko 

Ati “Nk’ikibazo cya Congo, abantu bavuga Uburasirazuba bwa Congo, ukibwira ngo ni ikindi Gihugu, oya ni Congo. Ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Congo ni ibibazo bikomoka muri Congo, by’ubuyobozi bwa Congo. Hari ubwo u Rwanda barwikoreza umuzigo wa Congo.” 

“Umuzigo wa Congo ukwiriye kuba wikorerwa n’Abanye-Congo n’abayobozi ba Congo, ntabwo ukwiriye kuba wikorerwa n’Abanyarwanda n’abayobozi b’u Rwanda, kandi bibaye igihe kinini, u Rwanda barwikoreje umuzigo wa Congo igihe kinini, ibintu birarambiranye. Ku kwikoreza umuzigo wa Congo ni nko ku kwikoreza umurambo w’impyisi.” 

Perezida Kagame yavuze ko iki kibazo kimaze imyaka myinshi ariko kireba abanyekongo ubwabo. 

CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:

  • Ubucuruzi (E-commerce)
  • Iyamamaza ibikorwa ukora
  • Iyo kuranga Akazi (Job listing)
  • Iyu Urusengero
  • Iya Organization
  • Iya Company

Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO

Dukurikire kumbugankoranyambaga Zacu:

Tunga App yacu uge ubashe gusoma amakuru neza:

Google Play Store
Andi makuru

Musubize

Shyira hano igitekerezo cyawe!
Injiza izina ryawe

- Kwamamaza -spot_img

Izi ntuzicikwe

Verified by MonsterInsights