Kwiyamamariza Umwanya w’Abasenateri naba Guverineri, byamaze kwigizwa imbere mugihe byari biteganijwe kuba tariki ya 03 Mutarama 2024.
Mu itangazo CENI yashyize hanze riramenyesha ko ibi bikorwa byasubitswe kumpamvu z’uko habaye ho kwibeshya amajwi y’agateganyo ku mwanya w’Abadepite uhereye muri Komine, Intara ndetse no kurwego rw’igihugu.
Iritangazo rikomeza risaba aba Guverineri n’abasenateri, kwihanganira izo mpinduka. Ibi bibaye mu gihe ishyaka rya PPRD, riyobowe na Joseph Kabila Kabange, wahoze ari perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rikomeje gutsimbarara ku mahame avuga ko amatora aheruka kuba muri RDC tariki ya 20 Ukuboza 2023 ko agomba guteshwa agaciro maze asubirwemo!
PPRD, kuva muntangiriro za ya amatora bo bavuzeko uburyo arimo gutegurwa butizewe arinabyo byatumye bo batitabira amatora. Abakandida bahanganye na Tshisekedi, aribo Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, batemera ibya vuye mu matora bamaze kw’iyunga na Joseph Kabila bakaba bari gusaba ko amatora asubirwamo byanze bikunze.
CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:
- Ubucuruzi (E-commerce)
- Iyamamaza ibikorwa ukora
- Iyo kuranga Akazi (Job listing)
- Iyu Urusengero
- Iya Organization
- Iya Company
Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO