Vrydag, Maart 28, 2025
Vrydag, Maart 28, 2025
spot_imgspot_imgspot_imgspot_img
HomeAmakuruGabon: Ali Bongo yatorowe kongera kuyobora iki gihugu

Gabon: Ali Bongo yatorowe kongera kuyobora iki gihugu

Amakuru yashyizwe hanze na Komisiyo y’Amatora muri Gabon mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu agaragaza ko Albert Ondo Ossa wari uhatanye na Ali Bongo yagize amajwi 30.77%.

Nubwo Ali Bongo yegukanye intsinzi, aya matora yabaye mu cyumweru gishize akomeje kunengwa na benshi bitewe n’uko nta ndorerezi mpuzamahanga zayagaragayemo ndetse mu gihe yabaga internet ikaza gufungwa.

Ali Bongo yagiye ku butegetsi muri Gabon mu 2009, ubwo yasimburaga se Omar Bongo wari umaze kwitaba Imana. Mu 2016 yaje kwegukana manda ya kabiri nyuma yo gutsinda amatora n’amajwi 50.66%.

Hashingiwe ku Itegeko Nshinga ryavuguruwe mu 2017, ubu Ali Bongo yemerewe kwiyamamaza inshuro zose ashaka.

CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:

  • Ubucuruzi (E-commerce)
  • Iyamamaza ibikorwa ukora
  • Iyo kuranga Akazi (Job listing)
  • Iyu Urusengero
  • Iya Organization
  • Iya Company

Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO

Dukurikire kumbugankoranyambaga Zacu:

Tunga App yacu uge ubashe gusoma amakuru neza:

Google Play Store
Andi makuru
- Kwamamaza -spot_img

Izi ntuzicikwe

Verified by MonsterInsights