Dj Briane, ni umugore uri Kubica bigacika mu gihugu, ndetse yamenyekanye nkumu Dj ukunzwe, umugore witinyutse kandi wita kubuntu, muri we nta rwangano agira yumva ko abantu bagomba kubana neza.
Iyi myitwarire ye hari abantu bayuririraho maze bagafata buri kimwe babonye maze bagashyira kumbugankoranyambaga kugirango barebe uko yitwara, ibi nibimwe biherutse kumubaho ubwo umuntu yamufataga amafoto ari kubyinana n’undi mukobwa maze bikavugwako ari ubutinganyi maze nawe kubasubiza mu kajwi keza yagize ati.
“Niba umfata videwo bikagutunga ndi nde wo kukubuza ibirayi by’abana” Dj Briane yashyize hanze uwamufashe ama videwo ari kubyinisha inkumi bigatuma ashinjwa ubutinganyi
Mu ikiganiro yagiranye na MIE, Dj Briane yavuze ko uwamufashe ziriya videwo ari kubyinisha inkumi y’uburanga ari Patycope ndetse ko yazimufashe arimo amubuza, amubwira ati “winyicira vibe”.
Dj Briane kuri we yumva ko niba umufata video ukabasha kubaho, ntacyo ari cyo kuburyo yakubuza ibirayi by’abana.
Ni mu gihe Patycope nawe amenyereweho gufata amavidewo y’abantu benshi akayashyira hanze, kenshi afata amavidewo bagiye mu ma night club.
CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:
- Ubucuruzi (E-commerce)
- Iyamamaza ibikorwa ukora
- Iyo kuranga Akazi (Job listing)
- Iyu Urusengero
- Iya Organization
- Iya Company
Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO