Maandag, Februarie 17, 2025
Maandag, Februarie 17, 2025
spot_imgspot_imgspot_imgspot_img
HomeAmakuruBiracyari urujijo kubwicanyi bwakorewe Matthew Perry wamenyekanye muri filimi Friends

Biracyari urujijo kubwicanyi bwakorewe Matthew Perry wamenyekanye muri filimi Friends

Urujijo rukomeje kuba rwinshi ku rupfu rw’umukinnyi wa filime Mattew Perry uheruka kwitaba Imana, ndetse hakomeje gukorwa iperereza ku cyaba cyaramuhitanye Urujijo rukomeje kuba rwinshi ku rupfu rw’umukinnyi wa filime Mattew Perry uheruka kwitaba Imana, ndetse hakomeje gukorwa iperereza ku cyaba cyaramuhitanye.

Raporo y’abaganga mu Mujyi wa Los Angeles yagaragaje ko kumenya icyateye urupfu rw’uyu mukinnyi wa filime, bizasaba gukora irindi cukumbura ryisumbuye ku ryakozwe, ubwo uyu mugabo yasangwaga iwe yapfuye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize tariki 28 Ukwakira.

Iyi raporo hari aho igira iti “Mu gihe icyateye urupfu kidashobora guhita kigaragazwa ku isuzumamurambo ryakozwe, icyemezo kigaragaza ko icyamuhitanye kitaramenyekana kizashyirwa hanze kugeza igihe ubushakashatsi bwisumbuyeho buzasorezwa.’’

Isuzumamurambo ryarakozwe gusa abaganga bategereje ibisubizo bijyanye na raporo izava mu isuzuma rindi ryakozwe harebwa niba yaba yararozwe, icyo gihe ni na bwo icyahitanye Perry kizamenyekana nk’uko CNN yabitangarijwe. Gushyira hanze iyi raporo igaragaza icyahitanye uyu mugabo bishobora gufata ibyumweru.

Ababyeyi ba Mattew Perry, John Bennett Perry na Suzanne Morrison, ni bamwe mu bageze mu rugo rw’uyu mugabo ubwo inkuru y’urupfu rwe yamaraga kumenyekana ku wa Gatandatu ku mugoroba.

Ku Cyumweru tariki 29 Ukwakira, umuryango wa Perry washyize hanze itangazo ryacishijwe muri People Magazine, ugaragaza ko washenguwe n’igihombo kibabaje cy’umuhungu wabo.

Matthew Perry wari ufite imyaka 54 abamugezeho bwa mbere bamusanze aryamye mu mazi ashyushye mu bwogero bw’iwe mu rugo ruri i Los Angeles.

Abashinzwe umutekano bakiriye impuruza saa kumi z’umugoroba, bageze mu rugo rwa nyakwigendera, muri raporo batanze, bavuze ko nta biyobyabwenge basanze hafi ye.

Uyu mukinnyi wa filime yamaze imyaka myinshi yarabaswe no kunywa ibinini bigabanya uburibwe no kunywa inzoga nyinshi, byatumye ajya mu bitaro n’ibigo ngororamuco inshuro nyinshi.

Mu gitabo yaherukaga gushyira hanze mu Ugushyingo 2022 yise “Friends, Lovers, and the Big Terrible Thing: A Memoir” yagaragajemo ukuntu yakize kuba imbata y’ibiyobyabwenge, ndetse akiha intego yo gufasha abandi babaswe na byo.

Mu biganiro yari aherutse kugaragaramo Matthew Perry yatunguye abari aho avuga ko buri joro yahuraga n’ikibazo cyo kugira ubwoba bukabije ubwo yari akiri mu ifatwa ry’amashusho ya filime “Friends”.

Umwaka ushize nabwo yemeye ko yakoresheje miliyoni 9$ yitabira amasomo n’amahugurwa amufasha kwirinda ibiyobyabwenge.

Matthew Perry benshi bamumenye nka Chandler Bing muri filime y’uruhererekane yitwa “Friends” yatangiye guca kuri NBC kuva 1994 kugeza 2004.

Matthew Perry yanakinnye muri filime zirimo “Fools Rush In”, “The Whole Nine Yards” n’izindi. Nta mwana cyangwa umugore asize.

Raporo y’abaganga mu Mujyi wa Los Angeles yagaragaje ko kumenya icyateye urupfu rw’uyu mukinnyi wa filime, bizasaba gukora irindi cukumbura ryisumbuye ku ryakozwe, ubwo uyu mugabo yasangwaga iwe yapfuye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize tariki 28 Ukwakira.

Iyi raporo hari aho igira iti “Mu gihe icyateye urupfu kidashobora guhita kigaragazwa ku isuzumamurambo ryakozwe, icyemezo kigaragaza ko icyamuhitanye kitaramenyekana kizashyirwa hanze kugeza igihe ubushakashatsi bwisumbuyeho buzasorezwa.’’

Isuzumamurambo ryarakozwe gusa abaganga bategereje ibisubizo bijyanye na raporo izava mu isuzuma rindi ryakozwe harebwa niba yaba yararozwe, icyo gihe ni na bwo icyahitanye Perry kizamenyekana nk’uko CNN yabitangarijwe. Gushyira hanze iyi raporo igaragaza icyahitanye uyu mugabo bishobora gufata ibyumweru.

Ababyeyi ba Mattew Perry, John Bennett Perry na Suzanne Morrison, ni bamwe mu bageze mu rugo rw’uyu mugabo ubwo inkuru y’urupfu rwe yamaraga kumenyekana ku wa Gatandatu ku mugoroba.

Ku Cyumweru tariki 29 Ukwakira, umuryango wa Perry washyize hanze itangazo ryacishijwe muri People Magazine, ugaragaza ko washenguwe n’igihombo kibabaje cy’umuhungu wabo.

Matthew Perry wari ufite imyaka 54 abamugezeho bwa mbere bamusanze aryamye mu mazi ashyushye mu bwogero bw’iwe mu rugo ruri i Los Angeles.

Abashinzwe umutekano bakiriye impuruza saa kumi z’umugoroba, bageze mu rugo rwa nyakwigendera, muri raporo batanze, bavuze ko nta biyobyabwenge basanze hafi ye.

Uyu mukinnyi wa filime yamaze imyaka myinshi yarabaswe no kunywa ibinini bigabanya uburibwe no kunywa inzoga nyinshi, byatumye ajya mu bitaro n’ibigo ngororamuco inshuro nyinshi.

Mu gitabo yaherukaga gushyira hanze mu Ugushyingo 2022 yise “Friends, Lovers, and the Big Terrible Thing: A Memoir” yagaragajemo ukuntu yakize kuba imbata y’ibiyobyabwenge, ndetse akiha intego yo gufasha abandi babaswe na byo.

Mu biganiro yari aherutse kugaragaramo Matthew Perry yatunguye abari aho avuga ko buri joro yahuraga n’ikibazo cyo kugira ubwoba bukabije ubwo yari akiri mu ifatwa ry’amashusho ya filime “Friends”.

Umwaka ushize nabwo yemeye ko yakoresheje miliyoni 9$ yitabira amasomo n’amahugurwa amufasha kwirinda ibiyobyabwenge.

Matthew Perry benshi bamumenye nka Chandler Bing muri filime y’uruhererekane yitwa “Friends” yatangiye guca kuri NBC kuva 1994 kugeza 2004.

Matthew Perry yanakinnye muri filime zirimo “Fools Rush In”, “The Whole Nine Yards” n’izindi. Nta mwana cyangwa umugore asize.

Raporo y’abaganga mu Mujyi wa Los Angeles yagaragaje ko kumenya icyateye urupfu rw’uyu mukinnyi wa filime, bizasaba gukora irindi cukumbura ryisumbuye ku ryakozwe, ubwo uyu mugabo yasangwaga iwe yapfuye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize tariki 28 Ukwakira.

Iyi raporo hari aho igira iti “Mu gihe icyateye urupfu kidashobora guhita kigaragazwa ku isuzumamurambo ryakozwe, icyemezo kigaragaza ko icyamuhitanye kitaramenyekana kizashyirwa hanze kugeza igihe ubushakashatsi bwisumbuyeho buzasorezwa.’’

Isuzumamurambo ryarakozwe gusa abaganga bategereje ibisubizo bijyanye na raporo izava mu isuzuma rindi ryakozwe harebwa niba yaba yararozwe, icyo gihe ni na bwo icyahitanye Perry kizamenyekana nk’uko CNN yabitangarijwe. Gushyira hanze iyi raporo igaragaza icyahitanye uyu mugabo bishobora gufata ibyumweru.

Ababyeyi ba Mattew Perry, John Bennett Perry na Suzanne Morrison, ni bamwe mu bageze mu rugo rw’uyu mugabo ubwo inkuru y’urupfu rwe yamaraga kumenyekana ku wa Gatandatu ku mugoroba.

Ku Cyumweru tariki 29 Ukwakira, umuryango wa Perry washyize hanze itangazo ryacishijwe muri People Magazine, ugaragaza ko washenguwe n’igihombo kibabaje cy’umuhungu wabo.

Matthew Perry wari ufite imyaka 54 abamugezeho bwa mbere bamusanze aryamye mu mazi ashyushye mu bwogero bw’iwe mu rugo ruri i Los Angeles.

Abashinzwe umutekano bakiriye impuruza saa kumi z’umugoroba, bageze mu rugo rwa nyakwigendera, muri raporo batanze, bavuze ko nta biyobyabwenge basanze hafi ye.

Uyu mukinnyi wa filime yamaze imyaka myinshi yarabaswe no kunywa ibinini bigabanya uburibwe no kunywa inzoga nyinshi, byatumye ajya mu bitaro n’ibigo ngororamuco inshuro nyinshi.

Mu gitabo yaherukaga gushyira hanze mu Ugushyingo 2022 yise “Friends, Lovers, and the Big Terrible Thing: A Memoir” yagaragajemo ukuntu yakize kuba imbata y’ibiyobyabwenge, ndetse akiha intego yo gufasha abandi babaswe na byo.

Mu biganiro yari aherutse kugaragaramo Matthew Perry yatunguye abari aho avuga ko buri joro yahuraga n’ikibazo cyo kugira ubwoba bukabije ubwo yari akiri mu ifatwa ry’amashusho ya filime “Friends”.

Umwaka ushize nabwo yemeye ko yakoresheje miliyoni 9$ yitabira amasomo n’amahugurwa amufasha kwirinda ibiyobyabwenge.

Matthew Perry benshi bamumenye nka Chandler Bing muri filime y’uruhererekane yitwa “Friends” yatangiye guca kuri NBC kuva 1994 kugeza 2004.

Matthew Perry yanakinnye muri filime zirimo “Fools Rush In”, “The Whole Nine Yards” n’izindi. Nta mwana cyangwa umugore asize.

CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:

  • Ubucuruzi (E-commerce)
  • Iyamamaza ibikorwa ukora
  • Iyo kuranga Akazi (Job listing)
  • Iyu Urusengero
  • Iya Organization
  • Iya Company

Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO

Dukurikire kumbugankoranyambaga Zacu:

Tunga App yacu uge ubashe gusoma amakuru neza:

Google Play Store
Andi makuru
- Kwamamaza -spot_img

Izi ntuzicikwe

Verified by MonsterInsights