Muri iyi minsi hakomeje kwaduka ingeso mbi z’ubusambanyi ndetse n’amwe mu mashusho ateye isoni, ibyo benshi mu banyamadini banga ndetse bakanabivumira kure.
Binyuze ku rubuga nkoranyambaga rwa twitter, hari uwashyizeho ifoto maze arabaza ati: “Uyu ari umukobwa wawe umuhungu nk’uyu akamukora ibintu nk’ibi ukabibona wabigenza ute?”
Abenshi bazamuye uburakari ndetse bamwe bahise bavuga ko uku kuboko k’uyu muhungu baramutse bagufashe bahita baguca bakajya kwirega.
Ntibyagarukiye aho kuko n’abandi bakomeje gutanga ibitekerezo bijyanye n’amarangamutima yabo.
Uwitwa Rooney yagize ati: “Uyu ntabwo aba akiri uwawe kuko n’ibindi barabikora ahubwo”.
Ukoresha amazina ya Please ndabwambaye we ati: “Ewana sinari narebye ku kibuno we!!!! Nahamagara umukobwa wanjye agahungu kakibwiriza”.
CorridorReports yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite! Dukora website zo mubwoko bukurikira:
- Ubucuruzi (E-commerce)
- Iyamamaza ibikorwa ukora
- Iyo kuranga Akazi (Job listing)
- Iyu Urusengero
- Iya Organization
- Iya Company
Twandikire kuri Whatsapp unyuze hano: https://shorturl.at/cfkBO